Matayo 9 - Kinyarwanda Protestant Bible

Akiza ikirema gihetswe na bane, amaze kukibabarira ibyaha(Mar 2.3-12; Luka 5.18-26)

1Yikira mu bwato arambuka, agera mu mudugudu w'iwabo.

2Bamuzanira ikirema kiryamye mu ngobyi, nuko Yesu abonye kwizera kwabo abwira icyo kirema ati “Mwana wanjye, humura ibyaha byawe urabibabariwe.”

3Abanditsi bamwe baribwira bati “Uyu arigereranije.”

4Ariko Yesu amenya ibyo bibwira arababaza ati “Ni iki kibateye kwibwira ibidatunganye mu mitima yanyu?

5Icyoroshye ni ikihe? Ni ukuvuga nti ‘Ibyaha byawe urabibabariwe’, cyangwa nti ‘Byuka ugende’?

6Ariko mumenye yuko Umwana w'umuntu afite ubutware mu isi, bwo kubabarira abantu ibyaha.” Nuko abwira icyo kirema ati “Byuka wikorere ingobyi yawe utahe.”

7Arabyuka aragenda, arataha.

8Abantu babibonye baratangara, bahimbaza Imana yahaye abantu ubutware bungana butyo.

Ahamagara Matayo(Mar 2.13-22; Luka 5.27-38)

9Yesu avayo, akigenda abona umuntu witwaga Matayo yicaye aho yakoresherezaga ikoro, aramubwira ati “Nkurikira.”

Arahaguruka, aramukurikira.

10 nk'intama zitagira umwungeri.

37Luka 10.2 Maze abwira abigishwa be ati “Ibisarurwa ni byinshi, ariko abasaruzi ni bake.

38Nuko rero mwinginge nyir'ibisarurwa, yohereze abasaruzi mu bisarurwa bye.”

Blog
About Us
Message
Site Map

Who We AreWhat We EelieveWhat We Do

Terms of UsePrivacy Notice

2025 by iamachristian.org,Inc All rights reserved.

Home
Gospel
Question
Blog
Help