1 Zaburi iyi yahimbiwe umutware w'abaririmbyi Ni iya Dawidi.
2Hahirwa uwita ku bakene,
Uwiteka azamukiza ku munsi w'ibyago.
3Uwiteka azamurinda amukize,
kandi azahirwa ari mu isi,
Kandi ntumuhe abanzi be kumugirira uko bashaka.
4Uwiteka azamwiyegamiza ahondobereye ku buriri,
Ni wowe umubyukiriza uburiri iyo arwaye.
5Naravuze nti “Uwiteka umbabarire,
Ukize ubugingo bwanjye kuko nagucumuyeho.”
6Abanzi banjye banyifuriza nabi bati
“Azapfa ryari ngo izina rye ryibagirane?”
7Kandi umwe muri abo iyo aje kunsura aba anshunga,
Umutima we ukiyuzuriza inama mbi,
Agasohoka akabivuga.
8Abanyanga bose bamvugira mu byongorerano,
Bangira inama zo kungirira nabi.
9Bati “Indwara ikomeye imubayeho akaramata,
Noneho ubwo aryamye ntazabyuka ukundi.”
10 iteka ryose.
14 Zab 106.48 Uwiteka Imana y'Abisirayeli ahimbazwe,
Uhereye kera kose ukageza iteka ryose.
Amen kandi Amen.
Who We AreWhat We EelieveWhat We Do
2025 by iamachristian.org,Inc All rights reserved.