1“Umujura nagwa mu cyuho nijoro, amaraso ye ntazaba ku uwamwishe.
2Ariko nibamwica izuba rirashe, amaraso ye azabakoraho kuko yari akwiriye kwigura, kandi naba adafite icyo yigura, nibamugure ku bw'ubujura bwe.
3“Nafatanwa inyibano ikiri nzima, naho yaba inka cyangwa indogobe cyangwa intama, ariheho ebyiri.
4“Umuntu niyonesha umurima cyangwa uruzabibu by'undi, cyangwa niyihorera itungo rye rikona umurima w'undi, amugerere imyaka irushaho kuba myiza yo mu we murima cyangwa iyo mu rwe ruzabibu, ayimurihe.
5“Umuriro nucanwa ukagurumana ugafata uruzitiro rw'amahwa, ukambukiranya ugafata amasaka ari ku murara cyangwa agihagaze, cyangwa umurima ugashya, uwacanye uwo muriro ntakabure kubiriha.
6“Umuntu nabitsa mugenzi we ifeza cyangwa ibindi bintu bikibirwa iwe, umujura naboneka azarihe kabiri.
7Nataboneka, nyir'urwo rugo yigire imbere y'Imana ngo arahire yuko atiyibishije ibya mugenzi we.
8“Mu byo guhuguzanya byose, naho yaba inka cyangwa indogobe cyangwa intama, cyangwa umwambaro cyangwa ikindi kintu cyose cyabuze, umuntu akagishingura ati ‘Iki ni cyo nabuze’, urubanza rwa bombi ruzaburanirwe imbere y'Imana, uwo Imana izacira urubanza ko atsinzwe azarihe undi kabiri.
9“Umuntu naragiza mugenzi we indogobe cyangwa inka, cyangwa intama cyangwa irindi tungo ryose, igapfa cyangwa ikavunika cyangwa ikanyagwa ari nta wubireba,
10kurahira Uwiteka kuzabe hagati yabo bombi yuko atiyibishije itungo rya mugenzi we, nyiraryo yemere undi ntarihe.
11Ariko ryakwibirwa iwe, azarihe nyiraryo.
12Ryatanyagurwa n'inyamaswa, azazane igikanka kimwemeza, ntazarihe itanyaguwe.
13“Kandi umuntu natira itungo rya mugenzi we, rikavunika cyangwa rigapfa nyiraryo adahari, ntazabure kumuriha.
14Ariko nyiraryo nahaba ntazamurihe. Ariko ryaba rije ngo uwagwatiriye atange ibiguzi by'igihe basezeranye, ibyo biguzi bizarangize.
15 , ntukavume umutware w'ubwoko bwanyu.
28“Ntugatinde kuntura ku byuzuye ibigega byawe, no ku mazi y'imbuto z'ibiti byawe.
“Imfura z'abahungu bawe ujye uzintura.
29“Abe ari ko ugirira n'inka zawe n'intama zawe: uburiza buzamarane iminsi irindwi na nyina, ku wa munani ujye ubuntura.
30 Lewi 17.15 “Kandi muzambere abera, ni cyo gituma mudakwiriye kurya ikirīra cyo ku gasozi, mujye mukijugunyira imbwa.
Who We AreWhat We EelieveWhat We Do
2025 by iamachristian.org,Inc All rights reserved.