2 Ngoma 34 - Kinyarwanda Protestant Bible

Umwami Yosiya agarura abantu ku Mana(2 Abami 22.1-20)

1 aha hantu, ntibuzimwe.’

26Ariko umwami w'Abayuda wabatumye kumbaza mumubwire mutya muti ‘Uwiteka Imana ya Isirayeli iravuga ku magambo wumvise iti:

27Kuko umutima wawe wari woroheje, ukicisha bugufi imbere y'Imana wumva amagambo yayo ivuga kuri aha hantu n'abaturage baho, ukicisha bugufi imbere yanjye ugashishimura imyambaro yawe ukandirira imbere, nanjye ndakumvise.’ Ni ko Uwiteka avuze.

28‘Nuko nzagusangisha ba sogokuruza ushyirwe mu mva yawe amahoro, kandi amaso yawe ntazareba ibyo byose nzateza aha hantu n'abaturage baho.’ ” Nuko baragenda babwira umwami ubutumwa.

Umwami Yosiya asezerana gukurikira Imana(2 Abami 23.1-20)

29Bukeye umwami atumira abakuru bose b'i Buyuda n'ab'i Yerusalemu.

30Hanyuma umwami azamukana n'ab'i Buyuda bose n'abaturage b'i Yerusalemu, n'abatambyi n'Abalewi n'abantu bose abakomeye n'aboroheje, bajya ku nzu y'Uwiteka. Umwami aherako abasomera amagambo yose yo mu gitabo cy'isezerano, cyubuwe mu nzu y'Uwiteka.

31Umwami ahagarara ahe asezeranira imbere y'Uwiteka ko azakurikira Uwiteka, akitondera amategeko ye n'ibyo yahamije n'amateka ye, abyemerana umutima we wose n'ubugingo bwe bwose, yuko azasohoza amagambo y'isezerano ryanditswe muri icyo gitabo.

32Maze ab'i Yerusalemu n'Ababenyamini bose abemeza iryo sezerano. Nuko abaturage b'i Yerusalemu basohoza isezerano ry'Imana, ari yo Mana ya ba sekuruza.

33Maze Yosiya akura ibizira byose mu bihugu by'Abisirayeli byose, yemeza abari mu gihugu cya Isirayeli bose gukorera Uwiteka Imana yabo. Iminsi yose akiriho ntabwo baretse gukurikira Uwiteka, Imana ya ba sekuruza.

Blog
About Us
Message
Site Map

Who We AreWhat We EelieveWhat We Do

Terms of UsePrivacy Notice

2025 by iamachristian.org,Inc All rights reserved.

Home
Gospel
Question
Blog
Help